Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Nyirahabimana Soline, yasabye inteko zishinga amategeko ku Isi gufata ingamba zihamye zo kurengera uburenganzira bw’abagore no gushyiraho amategeko atanga icyizere, ubutabera n’uburinganire kuri bose
Ikipe ya APR FC ikomeje kwerekana ko imikino yo mu Ntara iyigora muri uyu mwaka w'imikino, nyuma yo gutsindwa na Etincelles FC ibitego bibiri kuri kimwe.
Banki y’Isi World Bank Group yashimiye u Rwanda ko ruri ku isonga mu bihugu byitwaye neza ku rwego rw’Isi mu bipimo byagutse bya Human Capital Index Plus (HCI+) bigaragaza uko ibihugu byaharaniye iterambere n’imibereho myiza by’abaturage babyo.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga