si y’u Rwanda yungutse abapolisi bashya bato 1903 bari bamaze amezi icyenda bahugurirwa mu Ishuri rya Polisi rya Gishari riherereye mu Karere ka Rwamagana.
Perezida Kagame akaba na Chairma n w’Umuryango FPR Inkotanyi , yatangaje ko ingamba zafashwe zo kurwanya ruswa zigomba gushyirwamo imbaraga no gukomeza gushyigikirwa
Ubushakashatsi bwa 7 ku mibereho n’ubuzima mu Rwanda (DHS7) bwerekanye ko abangavu bari hagati y’imyaka 15 na 19 baterwa inda biyongereye, bakagera kuri 8% mu 2025 bavuye kuri 5% mu 2020.
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagejejweho ibyerekeye isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubufatanye mu by’ubukungu hagati y’u Rwanda na RDC yasinyiwe i Washington, inashimangira ubushake bw’u Rwanda mu kubahiriza ibiyakubiyemo ndetse runagaragaza ko rushyigikiye inzira y'amahoro ya Doha.
Ikigo cy'Igihugu cy'ibararurishamibare ,NISR, cyagaragaje ko imibare y'abana bari munsi y’imyaka itanu bagwingira mu Rwanda yagabanutse aho igeze kuri 27% mu mwaka wa 2025, ivuye kuri 33 % ryariho mu bushakashasti bwa 2019/2020.