Ibyihariye

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025

MIFOTRA yasabye urubyiruko kwihugura ku ikoranabuhanga rya AI no guhanga imirimo mishya

U Rwanda rugiye kwakira inama ihuza Intumwa Nkuru za Leta ku Isi

Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Stanislas Gashugi, ahabwa ipeti rya Brigadier General, anagirwa Umuyobozi w’Umutwe udasanzwe w’Ingabo z’u Rwanda uzwi nka ‘Special Operations Force’.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu Karere ka Kicukiro aho azagirana ibiganiro n’abagatuye ndetse n’abaturage bo mu Mujyi wa Kigali.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka