Raymond Tuyishimire

Umunota

Perezida wa Kenya,Wiliam Ruto, yagennye ba Ambasaderi bahagarariye iki gihugu mu bindi bihugu birimo na RDC, mu bice bya Goma bigenzurwa n’umutwe wa M23
Hari tariki ya 12 Kanama 2010 mu buryo butunguranye Shyaka Claver yitabye Imana, ni inkuru yaciye igikuba maze agahinda n'amarira y'akababaro bitaha mu muryango mugari wa Siporo Nyarwanda
Umujyi wa Rubavu nk'umwe mu yegereye umupaka uzakomeza gutezwa imbere wunganire Kigali, binyuze mu kuvugurura ibikorwa remezo, guteza imbere ubukerarugendo no kuzamura ubucuruzi
Umunyezamu ukomoka muri Congo Brazaville wahoze akinira APR FC, Pavelh Ndzila mu muryango winjira muri Rayon Sports
Isi yose iri guhangana n’ihindagurika ry’ibihe n’inzara, ari na ko abahanga bashyira imbaraga mu guharura inzira nshya zafasha mu gushaka ibisubizo birambye kuri ibi bibazo
Tombola y'ijonjora ry'ibanze mu mikino Nyafurika yasize muri CAF Confederation Cup, Rayon Sports izakina na Singida Black Stars yo muri Tanzania, ni mu gihe muri CAF Champions League, APR FC yongeye kwisanga igomba guhura na Pyramids FC yayikuyemo umwaka ushize
Benshi bamuzi nka Papa Sava, Seburikoko, Mvumbuko, Superi n'andi menshi, ariko amazina ye nyakuri ni Niyitegeka Gratien, akaba umuhanzi mu ngeri zitandukanye zirimo guhanga imivugo, kuririmba, gukina amakinamico ndetse no gukina filime
Nta gihindutse Shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru umwaka w'imikino wa 2025-26, izatangira mu kwezi gutaha kwa Nzeri 2025 nubwo amatariki ataramenyekana
Ubwumvikane buke hagati y'inzego ebyiri ziyobora Rayon Sports bukomeje kugenda bugaragara umunsi ku munsi, ni nyuma y'uko noneho Twagirayezu Thadée yakuyeho inama yari yatumijwe na Paul Muvunyi uyobora Inama y'Ubutegetsi