Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Perezida Kagame yihanganishije Samia Suluhu ku rupfu rw’umugabo we

Ababyeyi bibukijwe gukomeza gukurikirana abana no kubasura ku ishuri

Abanyakigali bacikanwe no kwifotoza ku ndangamuntu koranabuhanga bahawe andi amahirwe

Abakinnyi babiri b’abanyarwandakazi bagiye gukina muri Djibouti

Umunyamakuru w'imikino Ndayishimiye Reagan uri mu bakunzwe na benshi yongeye kumvikana kuri radiyo nyuma yo gufungurwa
Ni kenshi abantu bajya bibaza ngo ese buriya umuntu yaba umuhanzi bikamuhira ndetse ntiyibagirwe n’inshingano ze zijyanye n'amashuri ?  igisubizo twaguha ni , yego rwose
Bajya bavuga ngo imyaka ni nk’inkorora ntabwo yihishira, ndetse uko ugerageje kwiyitaho kose birangira umubiri ugaragaje gusaza. Gusa ibyo ni imvugo zicyuye igihe kuko uyu munsi benshi basigaye barenza 30 bagikeye ndetse rwose ntaho bataniye n'inkumi n'abasore b'imyaka 20
Uwase Kathia Kamali uvukana na Nishimwe Naomie wambitswe ikamba rya Nyampinga w'u Rwanda 2020, yakoze ubukwe n'umukunzi we Adonis Javon Filer ukinira ikipe ya APR ya Basketball, bamaze igihe bakundana
Umuririmbyi ndetse akaba n’umuhanzikazi ukomoka I Burundi , Khadja Nin yagaragaje ko nubwo akomoka mu Burundi ariko guhera ubu afata u Rwanda nko mu rugo by’iteka ryose
Ubuyobozi bw’Ikipe ya Rayon Sports bwimuye ibiro bwakoreragamo byari bisanzwe biherereye  mu Karere ka Kicukiro ahazwi nka ‘Zinia’
Michelle Yeoh wamamaye muri sinema ku rwego mpuzamahanga ari mu biruhuko mu Rwanda aho yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye ku Gisozi, ndetse asura n'Ingagi muri Pariki y'Ibirunga
Abantu bakunze kwibaza ngo 'Ese bamwe mu bayobozi bakuru b’Igihugu bagenerwa ibingana iki n’amategeko bibafasha mu gukora akazi kabo neza, bahembwa amafaranga angahe, ni bande bahabwa imodoka n'ibindi!
Tuyishime Josue niyo mazina yiswe n’ababyeyi ariko ni icyamamare by’iteka ryose mu muziki nyarwanda ku izina rya Jay Polly cyangwa se Kabaka, uyu ni umwe mu bacurabwenge b’injyana ya Hiphop mu Rwanda ndetse akaba umwe mu banyamuziki bakomeye u Rwanda rwagize.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka