Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Niyigaba Clement wamamaye ku izina rya 'DC Clement' mu itangazamakuru ry’imyidagaduro mu Rwanda, ari mu byishimo bikomeye, aho we n’umufasha we Manzi Ariane bibarutse abana b’impanga,mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu
Mu masaha make ashize nibwo umuhanzi Nyarwanda, Kevin Kade yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Nyanja”, nyuma y'igihe yari amaze ayiteguje abakunzi b’umuziki we
Abakiriye agakiza ni bo baririmba bati “Mana ukura ku cyavu ukicazanya n’Ibikomangangoma" bagakomeza ngo "Nta wakwiringiye ngo akorwe n’isoni cyangwa yikorere amaboko." Birashimisha kubona uwavuye ku cyavu uyu munsi akaba yaratewe iteka imibereho ye igahinduka
Kubyara ntacyo wabinganya ndetse iyi ni ingabire itangwa n’Uwiteka, uyibonye atumbira ijuru agashima Rurema yicishije bugufi. Mu muco Nyarwanda kubyara biribuhwa cyane kugera naho bishyirwa mu ndamukanyo aho uhura n’umuntu akakuramutsa ati “Gira abana”
U Rwanda rwateye imbere mu bice byinshi bitandukanye ariko by'umwihariko mu bikorwaremezo, aho kuri ubu Umujyi wa Kigali uwusangamo inyubako ziteye amabengeza kandi ubonako zatwaye akayabo k'amafaranga
Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Chryso Ndasingwa, yongeye kwibutsa umukunzi we Sharon Gatete, ko ari impano y'agahebuzo Imana yamuhaye mu buzima bwe
Azam FC yaturutse muri Tanzania yatsindiye Polisi FC kuri penaliti mu mukino wa gishuti wakinwe muri gahunda ikomeje y’Inkera y’Abahizi
Mu Kinyarwanda baravuga ngo "Iyimijwe n'ikaramu ntiramburura," bishatse kugaragaza ko ubumenyi buva mu ishuri ari inkingi ya mwamba y’ubuzima bwiza kandi bufite intego. Muri uru rugendo rwo kwiga, hari amashuri yanditse amateka mu burere n’uburezi mu Rwanda nka Lycée de Kigali
Urugendo rwa Dr. Sina Gerard, wiyubatse buhoro buhoro, abihereye ku bucuruzi buto bwo mu cyaro, akaza kugera ku rwego rwo hejuru nk’umwe mu baherwe 10 ba mbere mu Rwanda
APR FC yihanangirije ikipe ya Power Dynamos yo muri Zambia iyitsinda ibitego 2-0, mu mukino wa gishuti wabaye wo kwizihiza ibirori by’Inkera y’Abahizi byahuje abayobozi, abakinnyi n’abafana b’iyi kipe