Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Gandhi Alimasi Djuna ukomoka muri RDC wamamaye mu muziki nka Maître Gims yatawe muri yombi aho akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza amafaranga ndetse no kudasobanura inkomoko y’umutungo we.
Al Hilal SC yatsinze irusha , ikipe ya Bugesera FC ihita ifata umwanya wa kabiri ku rutonde rwa Shampiyona.
Mu gihe habura iminsi ibiri yonyine u Rwanda rukandika amateka yo kuba igihugu cya mbere muri Afurika, cyakiriye imikino ya gicuti ya FIFA Series, kuri ubu imyiteguro iragana ku musozo.
Umunyarwenya ubifatanya n’itangazamakuru, Rusine Patrick yifurije isabukuru nziza umugore we Uwase Nizra amwibutsa ko amushima ku bwo kumuha urukundo n’umuryango
Umuhanzikazi Butera Knowless, yagiranye ikiganiro n’abakunzi be bamubaza ibibazo bitandukanye ku rugendo rwe mu muziki ndetse n’ubuzima bwe muri rusange.
Korali Ambassadors of Christ yakoreye umurimo w’ivugabutumwa mu Kigo Ngororamuco cya Gitagata, maze benshi mu bari kuhagororerwa bakira agakiza.
Ikipe ya Police FC ikomeje kugira umusaruro nkene  nyuma yo kugwa miswi igitego 1-1 na Etincelle FC yongera gushimangira ko kuyizera bisaba umutima ukomeye.
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026 nibwo Kivumbi King afatanyije na Juno Kizigenza ndetse na Bob pro utuganya indirimbo bashyize hanze mu buryo bw’amajwi n’amashusho indirimbo yabo nshya bahuriyemo bise “Kirigute”
Umuririmbyi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw’amajwi, Element Eleeeh yamaze kugera i Kampala muri Uganda aho arasusurutsa abitabira igitaramo cy'urwenya cya Comedy Store gitegurwa na Alex Muhangi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 20 Werurwe 2026, abakinnyi b’Abayisilamu bakinira APR FC, bifatanyije na bagenzi babo bo mu Rwanda ndetse no ku Isi yose, mu isengesho risoza ukwezi Gutagatifu kwa Ramadhan