Evode Dushime

Evode Dushime

Dushime Evode ni umunyamakuru ufite ubumenyi ndetse n'inyota nyinshi yo kongera ubwo afite. Ni umunyamakuru ukunda gucukumbura ndetse no gutangaza inkuru yizewe kandi ifitiye umumaro Umuryango mugari w'abasomyi ba Umunota. Com.Gladiator OG inkuru ze ziganje cyane mu myidagaduro, siporo, imvumburamatsiko ndetse n'izindi ngingo zifitanye isano n'amakuru nyayo.

Isabukuru Nziza ku mukobwa ubitse Umutima wanjye! Prosper Nkomezi yateye imitoma umukunzi we ku munsi w'isabukuru ye y'amavuko
Iradukunda Jean Bertrand wakanyujijeho muri ruhago y’u Rwanda n'umugore we Lydia Gagné ukomoka muri Canada bari mu byishimo byo kwibaruka imfura yabo.
Ishimwe Clement washinze inzu ifasha abahanzi ya Kina Music ndetse akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo mu buryo bw'amajwi, yashyize hanze indirimbo Bella, ikaba ari yo ya mbere asohoye kuri Album ye ya mbere yise" Legacy" ateganya gushyira hanze vuba.
Karangwa Lionel wamamaye mu muziki Nyarwanda cyane uwa Hip Hop nka Lil G yatangaje ko agiye kongera gutaramira i Kigali nyuma y’imyaka 4 yari amaze atuye muri Polonye.
Mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026, itsinda ry’abaririmbyi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Ben na Chance, ryataramiye abitabiriye igitaramo cy’Urwenya cya Gen-Z Comedy Show.
Ikipe ya Police FC na Rayon Sports FC zaguye miswi mu mukino ubanza wa ¼ w’igikombe cy’Amahoro ziha umukoro wo gukosora byinshi mu mukino wo kwishyura.
Umwongereza Stephen Constantine, watoje mu Rwanda mu 2014 kugera 2015 yatangajwe nk’umutoza mushya w’ikipe y’igihugu 'Amavubi' mu gihe cy'imyaka ibiri iri imbere
Umuhanzikazi Bwiza , uri muri Suède aho yakoreye igitaramo ku wa Gatandatu tariki ya 07 Werurwe 2026, yishimiye gusura Inzu Ndangamurage   y'aba Vikings iherereye i Stockholm muri Suède ahishura ko byari byiza cyane.