Guillaume NIYONKURU

Guillaume NIYONKURU

Umuhanzi King James yerekeje mu Bubiligi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 aho agiye gukorera igitaramo kibanziriza ibindi azakorera hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Kanama 2026 nibwo umuhanzi Tom Close yashyize hanze indirimbo “Look at Me” nyuma y’umwaka yari amaze adasohora indirimbo.
Ikipe ya REG W BBC yatinze The Hoops Rwanda amanota 69-63 mu mukino wa mbere mu ya nyuma ya kamarampaka, Cheetah Energy RBL Playoffs, wabereye muri BK Arena kuri uyu wa Kane tariki 20 Kanama 2026.
Ikipe ya APR BBC yatsinze Patriots BBC amanota 94-87 mu mukino wa kabiri w’imikino ya nyuma ya kamarampaka, Cheetah Energy RBL Playoffs, wabaye kuri uyu wa Kane tariki 20 Kanama 2026 muri BK Arena.
Impuzamashyirahamwe y’Umukino wa Volleyball muri Afurika, CAVB, yatangaje ko Igikombe cy’Afurika cy’ibihugu mu bagabo cyari giteganyijwe kubera i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kimuriwe i Tunis muri Tuniziya.
Kuri uyu wa Kane tariki 20 Kanama 2026 harakinwa umukino wa mbere mu mikino ya nyuma ya kamarampaka muri basketball mu bagore aho REG W BBC ikina na The Hoops Rwanda saa 19:00 muri BK Arena.
Ikipe ya Musanze FC yo mu Ntara y’Amajyaruguru yatangaje ko yasinyishije abakinnyi babiri Hertier Lulihoshi ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo uyisubiyemo n’umunya-Cameroon Bakari Francois Landry.
Myugariro w’umunyarwanda Manzi Thierry yatandukanye n’ikipe ya Al Ahli Tripoli SC yo muri Libya nyuma y’imyaka 3 yari amaze ayikinira.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Al Ahly SC Wad Madani yo muri Sudani ibitego 2-1 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pele Stadium kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Kanama 2026.
Al Hilal SC Omdurman yo muri Sudani yatandukanye n’umutoza uturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Bukasa nyuma y’ukwezi n’iminsi micye amaze ayitoza.