Niyigena Radjabu

Ikirezi Adawi

Abianto Adawi Ikirezi ni umunyamakuru wimenyereza umwuga w`itangazamakuru ukunda gutara no kugeza ku bantu unkuru zifite ireme, zubakiye ku kuri kandi zifite icyo zungura umuryango nya Rwanda. Afite ubushake bwo guteza imbere ubuhanga mu gutara no kwandika amakuru gukora ibiganiro n`itangazamakuru ryo kuri murandasi. Intego ye ni kuba umunyamakuru w`umunyamwuga ukoresha impano n`ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no guteza imbere sosiyete Nyarwanda

Abo mu muryango w’uwitabye Imana batangaje ko nyakwigendera yari yagiye kuri poste de sante yitwa Inshuti Nyabikoni gushaka serivise zo kuboneza urubyaro aho yatewe ikinya kugira ngo akurirwemo agapira kari mu kaboko.Nyuma yo guterwa ikinya uyu mukobwa yahise apfa.