
Abianto Adawi Ikirezi ni umunyamakuru wimenyereza umwuga w`itangazamakuru ukunda gutara no kugeza ku bantu unkuru zifite ireme, zubakiye ku kuri kandi zifite icyo zungura umuryango nya Rwanda. Afite ubushake bwo guteza imbere ubuhanga mu gutara no kwandika amakuru gukora ibiganiro n`itangazamakuru ryo kuri murandasi. Intego ye ni kuba umunyamakuru w`umunyamwuga ukoresha impano n`ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no guteza imbere sosiyete Nyarwanda

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!