IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Umuyobozi Mukuru akanaba umwe mu bashinze umuryango Benimana Initiatives, Rukizangabo Shami Aloys , yashimangiye ko ubuhanzi bushingiye ku muco bukwiye kugira icyo busigira mu mifuka ababukora, aho gusaza nabi barateje imbere umuco w’Igihugu.
APR FC yatsinze AS Muhanga ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda, wabereye kuri Sitade ya Muhanga kuri uyu wa gatanu tariki ya 26 Ukuboza 2026.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yashimangiye ko ubufatanye hagati y’u Rwanda na Zimbabwe mu guhana abarimu bigisha, ari intambwe ikomeye igaragaza ko imikoranire hagati y’ibihugu byombi bya Afurika ishoboka aho gukorana gusa n’ibindi bihugu.
‎Urwego Rrw 'Igihugu Rushinzwe Iterambere (RDB), rwashyizeho amasaha y'agateganyo azagenga ibikorwa by'ubucuruzi guhera ku wa 22 Ukuboza 2025 kugeza ku wa 05 Mutarama 2026.
Bigoranye, Al Hilal Omdourman yanganyije na Marines FC ibitego 2-2, Kiyovu itsinda Rutsiro igitego 1-0 mu mikino y'umunsi wa 12 ya Shampiyona y'u Rwanda.
‎Umujyi wa Kigali watangaje ko washyizeho gahunda yihariye mu buryo bw'ingendo mu gihe cy 'iminsi mikuru ya Noheli n'Ubunani. ‎
Ababyeyi b’Intwaza bavuga ko gusangira iminsi mikuru n'abanyamuryango ba Unity club Intwararumuri, bibagaragariza ko bafite igihugu kibakunda kandi kibitayeho ndetse ko bibabera n'umwanya wo kumva batari bonyine, bikanabongerera icyizere cyo kubaho
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu batanu barimo na Prophet Joshua uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga anyanyagiza amafaranga  mu birori bitandukanye
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Domitilla Mukantaganzwa, yibukije abagize urugaga rw’abavoka, ko kumenya neza amategeko bibafasha gutegura neza urubanza, bikabagira abanyamwuga mu gutanga ubutabera