IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Umuyobozi wa Zero Out Of Children, Paulin Ndahayo, yavuze ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri ari ingenzi cyane, ari yo mpamvu bayigiramo uruhare kugira ngo umwana wese yige kuko usanga hari imiryango itabasha kubona umusanzu usabwa ngo iri funguro riboneke, bityo abana bakarushaho kwitabira ishuri nta mpungenge.
Urwego ry'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi umwarimu muri Kaminuza, ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b'abakobwa abashukisha amafaranga.
Umushinga wa ‘Zero Out of School Children’ (Umwana Wese Yige) ugamije kugarura mu ishuri abarivuyemo no kujyanamo abatararigezemo, umaze gusubiza mu ishuri abana barenga ibihumbi 71
APR FC yanganyije na Al Merreik 0-0 mu mukino w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye muri Stade Amahoro.
Al Hilal Omdourman yanyagiye Rayon Sports FC ibitego 4-0 mu mukino w'umunsi wa 15 wa shampiyona y'u Rwanda .
Polisi yataye muri yombi bamwe mu bayobozi ba Hoteli Urubuto yahoze yitwa Dayenu yo mu Karere ka Nyanza, kugirango babazwe iby'urupfu rw'umusekirite wabo wapfiriye muri piscine y'iyi Hoteli.
Sena y'u Rwanda yatangaje ko igiye gukora igikorwa cyo gusura abaturage mu Gihugu hose, hagamijwe kureba ibikorwa mu guteza imbere ubworozi.
‎Guverinoma y'u Rwanda n'iya  Togo, byasinyanye amasezerano yo gukuraho Visa ku baturage b'Ibihugu byombi.‎Ni amasezerano
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyatangaje ko ubucuruzi bw’u Rwanda bwazamutseho 11,3%, ibyoherezwa mu mahanga bbikiyongeraho 12.70% , naho ibyinjizwa bivuye hanze  byo bigabanukaho 9.74% ugereranyije n’igihembwe cya kabiri cya 2025.
Abahagarariye imiryango itari iya Leta ikora mu bijyanye n’uburenganzira bwa muntu berekanye ko hari imbogamizi zikomeye ziterwa n’ubucucike mu magereza, basaba ko hajya hakoreshwa ubundi buryo bwo kurangiza imanza burimo ubuhuza, gutanga amande n’ubundi buryo budatuma abantu benshi bafungwa