Mukwaya Olivier

Mukwaya Olivier

Irere Claudette yagaragaje uburezi bwa Kaminuza nk’inkingi y’iterambere n’ubumwe bw’Akarere

Minisitiri Dr.Utumatwishima yibukije urubyiruko ko Igihugu cyabohowe n’abari mu myaka nk’iyabo

Abanyarwanda baba USA bahuriye mu nama yiga ku kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu 

Nyanza: Abagabo babiri barakekwaho kwica umugore wavugwagaho gukora uburaya

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangiye ku mugaragaro kuvana ingabo zawo mu mujyi wa Uvira, hagamijwe gushyigikira ibiganiro bya politiki no gushakira Akarere amahoro arambye
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi, Édouard Bizimana, yamaganye byimazeyo itangazo ryasohowe n’ihuriro AFC/M23 rivuga kuvana ingabo zaryo mu mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), avuga ko ari nk’amayeri agamije gushuka no kuyobya amahanga.
Abaturage bazindukiye mu mihanda bagaragaza ku mugaragaro ko bishimiye ihuriro rya AFC/M23 banayiha ikaze bagaragaza ko bayishimira kubera umutuzo yabazaniye mu mujyi wa Uvira ho mu ntara ya Kivu y’amajyepfo
Nyuma y'uko AFC/ M23 yigaruriye umujyi wa Uvira, igakurikizaho Makobola, ingabo za Repubulika iharanira Demukarasi FARDC, hamwe n’imitwe yitwaje intwaro izwi nka Wazalendo,kuri yu wa mbere bamaze kwikura mu gace ka Mboko, gaherereye mu bilometero 45 uvuye mu mujyi wa Uvira.
Umunyamakuru Magloire Paluku wari umujyanama mu by’itumanaho wa Corneille Nangaa, umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23, ysihwe arasiwe mu mujyi wa Goma
Ihuriro rya AFC/M23, ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, gusa hari uduce duke tutaragerwamo n’abarwanyi b'uyu mutwe
Corneille Nangaa, yemeje ko igisirikare cya M23 cyamaze kwinjira muri Uvira, avuga ko babikoze mu rwego rwo gushyiraho umutekano nyuma y’uko yahamagawe n'abaturage bo muri ibyo bice bamutabaza
Leta y'u Burundi yashimangiye ko ingabo zayo ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zidateganya kuhava kuko zitarasoza inshingano zazo.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka