Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ku nshuro ya mbere mu Karere ka Huye habereye amasengesho yo gusabira Igihugu ku rwego rw'Intara y'Amajyepfo, mu gihe yari asanzwe abera mu Mujyi wa Kigali kuva yatangira mu mwaka wa 1995
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwijeje abahinzi ubufasha nyuma y’uko imvura nyinshi yangije imbuto z’ibiti 10,000 zari ziteganyijwe guhabwa abahinzi mbere y’igihe cy’ihinga giteganyijwe gutangira muri Ukwakira
Ishimwe Naomie, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, yakoze ibirori bibanziriza kumurika igitabo cye cya mbere yise “More Than a Crown”, mu Kinyarwanda bisobanura “Ibirenze Ikamba”
Minisitiri w’Ingabo wa Mozambique, Major General Cristóvão Artur Chume, ari kumwe n’abandi bayobozi bakuru b’ingabo na polisi ya Mozambique, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi
Amb. Martin Ngoga yagaragarije Akana ka Loni gashinzwe umutekano ko ibikubiye muri raporo iherutse gutangazwa na Human Rights Watch ishinja u Rwanda gufatanya na M23 mu bwicanyi bwakorewe Abasivile muri RDC, ari ibinyoma kandi bigaragaza kubogama kwayo ku ruhande rwa RDC
Umunyarwenya G-Tuff, umaze kumenyerwa mu biganiro bisetsa ku rubuga rwa Youtube, yatumiwe mu iseka rusanjye rya Gen-Z Comedy, rizaba tariki ya 28 Kanama 2025
Mu rwego rwo guteza imbere uburenganzira bw’umwana n’umubyeyi, hashyizweho icyumba cy'umubyeyi cyihariye muri gare ya Kacyiru, cyiswe "Mama’s Corner", kizajya gifasha ababyeyi bonsa kubona aho bakorera iki gikorwa
NESA, cyatangaje ko abanyeshuri bangana na 92.2% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza naho 75.64% batsinda ibizamini bisoza icyiciro Rusange cy'Amshuri yisumbuye mu mwaka wa 2024/2025
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko igiye gukurikirana ikibazo cya serivisi mbi zirimo izishingiye ku icuruzwa rya kawa ndetse n'iza resitora bitangirwa muri Stade Amahoro