Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Abana batandatu bagororerwa mu kigo ngororamuco cya Gitagata, giherereye mu Karere ka Bugesera, nyuma yo gutsinda ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza mu mwaka wa 2024/25, bemerewe kuzishyurirwa umwaka wa mbere w'amashuri yisumbuye
Musabyimana Gloriose wamamaye mu buhanzi no ku mbuga nkoranyambaga nka ‘Gogo’ yitabye Imana aguye mu gihugu cya Uganda aho yaramaze iminsi akorera
Ku nshuro ya mbere, mu Rwanda hatangiye igerageza ry'utudege duto tudakenera abapilote 'Drones', ariko dutwara abantu tuzwi nka 'eVTOL’
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Prosper Zo’o Minto’o, umuyobozi mukuru w’Ikigo cya ASECNA (Agency for Aerial Navigation Safety in Africa and Madagascar), gishinzwe gucunga umutekano w’indege mu kirere cya Afurika na Madagascar
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika, yakiriye ikirangirire mu mupira w'amaguru, Javier Pastore, wahoze akinira Paris Saint-Germain, wageze mu Rwanda, aho azitabira Kwita Izina ku nshuro ya 20
Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) yasabye abikorera n'abacuruzi bose kuzatanga serivisi zinoze ku bashyitsi bazitabira Shampiyona y'Isi y'Amagare
Isengesho rya Jeannette Kagame ubwo yari mu masengesho y’urubyiruko yo gusabira igihugu’ Young Leaders Prayer Breakfast yabaye ku Cyumweru, tariki ya 2 Nzeri 2025
Abanyeshuri bahize abandi mu byiciro bitandukanye mu bizamini bisoza amashuri y'Isumbuye umwaka w'amashuri wa 2024/2025 bahembwe
Umushinjacyaha Mukuru, Habyarimana Angelique yatangaje ko mu mwaka w'Ubutabera wa 2024/25, Ubushinjacyaha Bukuru bwakoze amadosiye angana na 96.4%
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Prudence Sebahizi, avuga ko nubwo Leta yari yakuyeho umusoro ku nyongeragaciro (VAT) ku mpapuro z’isuku z’abakobwa mu 2019, ibiciro byazo bikomeje kuzamuka kubera izindi mpamvu z’ubukungu zirimo izamuka ry’ibiciro by’ibizikora