Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Guinée-Conakry
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11-20 Ugushyingo 2025, hateganyijwe imvura nyinshi mu gihugu hose, iri hejuru y'iyari isanzwe
Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi bakuru b’Igihugu ko bagomba guhora bibuka ko igihugu cy’u Rwanda kidafite undi uzakigoboka, abasaba ko aribo bagomba kwihitiramo uko bashaka kubaho.
Madamu Jeanette Kagame akaba n'Umuyobozi Mukuru wa Unity Club Intwararumuri, yasabye abanyamuryango ba Unity Club ndetse n'Abanyarwanda muri rusange kuba menge kuko hari benshi batishimira iterambere ry'u Rwanda
Minisitiri Dr. Bizimana yashimye igitabo cyanditswe kigaragaza uruhare rw'Abenebikira mu kurinda abana barokotse Jenoside, avuga ko ari igikorwa kigaragaza isura y'ukuri ya bamwe mu barokotse Jenoside n’abanyamadini babigizemo uruhare
Umuhanzi David Adeleke benshi bazi nka Davido waherukaga mu Rwanda mu Ukwakira 2023, agiye kugaruka gutaramira Abanyarwanda, tariki ya 5 Ukuboza 2025, mu rugendo rw'ibitaramo bizenguruka Isi, byo kumenyekanisha album nshya yasohotse mu ntangiriro z'uyu mwaka yise '5ive'
Umuyobozi ushinzwe ishoramari muri RDB, Michelle Umurungi, yagaragaje ko u Rwanda rwafunguriye amarembo ubucuruzi bwambukiranya imipaka, nk'uburyo bwo kongerera imbaraga ubucuruzi bw'ibihugu ariko hubahirizwa umutekano
Abanyamuryango b’Itsinda ‘Tuzamurane Byimana’ bakora ubworozi bw’inkoko bwa kijyambere bavuga ko umusaruro w’amagi babukuramo wababereye igisubizo gikomeye mu kurwanya imirire mibi mu Murenge wa Byimana, wo mu Karere ka Ruhango
ACP Boniface Rutikanga, yakebuye urubyiruko rwishora mu biyobyabwenge by'umwihariko abahanzi ndetse agenera ubutumwa abirara bakanywera ibiyobyabwenge hanze y'Igihugu, ko bitazakuraho kubapima bageze mu Rwanda
Ndindabahizi Faustin wari umaze imyaka irenga 30 yihishe kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yatawe muri yombi