Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Perezida wu Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi, Inter-Parliamentary Union, IPU, Martin Chungong, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo umuhanzi w’Umunya-Kenya, Bien-Aimé Baraza, umwe mu bigeze kuba mu itsinda rya Sauti Sol, ataramire i Kigali mu gitaramo cya 'Friends of Amstel Experience 2025'
Itsinda ry'abaramyi rya Vestina na Dorcas ryerekeje mu gihugu cya Canada, aho bagiye gukorera ibitaramo mu mijyi itandukanye bahereye muri Vancouver
Maj Gen Vincent Gatama yatangiye ku mugaragaro inshingano zo kuyobora Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Reeta Roy, Umuyobozi Mukuru wa Mastercard Foundation, wari kumwe na Sewit Ahderom, uzamusimbura ku buyobozi bukuru bw’uyu muryango guhera mu ntangiriro za 2026
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi itakaje amahirwe yari asigaye yo kwerekeza mu gikombe cy'Isi cya 20265, nyuma yo gutsindwa n'ikipe y'igihugu ya Benin igitego 1-0 mu mu mukino ubanziriza uwa nyuma mu gushaka itike yacyo
Umuhanzi Intore Masamba yaganirije urubyiruko rwitabiriye Gen-Z Comedy ku kamaro k'ubuhanzi mu gihe cy'urugamba rwo kubohora igihugu n'uburyo bwatumye urubyiruko rw'Abanyarwanda bari mu mahanga bagaruka mu gihugu