Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

‎Gasabo: Polisi yafashe babiri bari bafite ibiro bibiri by’urumogi n’udupfunyika 250

Umuyobozi wa MONUSCO yageze i Goma mu rwego rwo gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge

U Rwanda na RDC barebeye hamwe aho bagejeje ibyo bemeje washington.

U Bufaransa bwemeje ko hari Abanyarwanda 36 buri gukoraho iperereza ku byaha bya Jenoside 

Itsinda ry'abaramyi rya Vestina na Dorcas ryerekeje mu gihugu cya Canada, aho bagiye gukorera ibitaramo mu mijyi itandukanye bahereye muri Vancouver
Maj Gen Vincent Gatama yatangiye ku mugaragaro inshingano zo kuyobora Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Reeta Roy, Umuyobozi Mukuru wa Mastercard Foundation, wari kumwe na Sewit Ahderom, uzamusimbura ku buyobozi bukuru bw’uyu muryango guhera mu ntangiriro za 2026
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi itakaje amahirwe yari asigaye yo kwerekeza mu gikombe cy'Isi cya 20265, nyuma yo gutsindwa n'ikipe y'igihugu ya Benin igitego 1-0 mu mu mukino ubanziriza uwa nyuma mu gushaka itike yacyo
Umuhanzi Intore Masamba yaganirije urubyiruko rwitabiriye Gen-Z Comedy ku kamaro k'ubuhanzi mu gihe cy'urugamba rwo kubohora igihugu n'uburyo bwatumye urubyiruko rw'Abanyarwanda bari mu mahanga bagaruka mu gihugu
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagaragakje ko ubufatanye bwa Afurika n'andi mahanga atari ubugomba gutuma Afurika igengwa ahubwo bugomba kuyihesha agaciro, bugashingira ku kungukira hamwe
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi umugabo witwa Sabato Mupenzi, ashinjwa kwiba ibikoresho by'amashanyarazi

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka