Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

USA yongeye kuburira abazitambika ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya washington

Hari kurebwa uko icyaha cy’icuruzwa ry’abantu cyashyirwa mu byaha bidasaza

U Rwanda na RDC mu ntegura rubanza i La Haye

Basketball: APR BBC yongeyemo indi ntwaro mbere y’imikino ya kamarampaka

Ku munsi nk’uyu, tariki ya 14 Gicurasi 1994, Abatutsi bakomeje kwicwa hirya no hino mu gihugu ari na ko ingabo zari iza RPF-Inkotanyi zarwaniraga guhagarika Jenoside yakorwaga Abatutsi.
Perezida Paul Kagame yavuze ko igihe cyigeze ngo Afurika ikanguke ihangane n’igitutu ishyirwaho n’ibihugu bikomeye ku Isi kuko ntayandi mahitamo uyu mugabane ufite uretse kubaka ubukungu bwawo bwite ndetse avuga ko ubwo bushobozi buhari.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, cyatangaje ko kuva ku wa 4 kugera ku wa 8 Gicurasi 2026, ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda arenga miliyari 14,1 Frw, avuye muri toni 9.352 toni.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 13 Gicurasi 2026 Perezida Kagame yakiriye itsinda riyobowe na Perezida akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Elsewedy Electric, Ahmed Elsewedy aho yari kumwe  n’Umuyobozi wa Sunrise Resorts & Cruises, Hossam El Shaer.
Perezida Daniel Francesco Chapo wa Mozambique na Mohamed Ould Ghazouani wa Maurtania bageze mu Rwanda, aho bateganya kwitabira inama ‘African CEO Forum’ ihuza abakuru b’ibihugu na za guverinoma, abayobozi b’ibigo by’ishoramari byo muri Afurika n’abandi bagira uruhare rukomeye mu iterambere ry’uyu mugabane.
Ikigo United Capital Financial Services Rwanda Ltd cyahaye uruhushya Urwego rw’u Rwanda Rugenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA) rwo gukora nka banki y’ishoramari ndetse ruhitamo u Rwanda nk’icyacaro cyayo muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati.
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko cyakoze impinduka mu masezerano yo kugurisha cyangwa gutanga ikinyabiziga nk’impano, aho hazajya hakoreshwa sisiteme y’iki kigo mu gukora amasezerano.
Ikigo cy’igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda NISR, cyatangaje ko mu mwaka wa 2025, mu irangamimerere handitswe abapfuye 39,355 akaba ari kimwe cya kabiri cy'abapfuye bingana na 50.5% bivuye kuri 46.1% byari ho mu mwaka wa 2024, aho byazamutseho 4.4%.
Ku munsi nk’uyu, tariki ya 13 Gicurasi 1994, ni yo yabaye itariki ya mbere y’ibitero simusiga byaje mu Bisesero bigambiriye kwica Abatutsi.
Dr Mark Cyubahiro Bagabe wabaye Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda yagizwe Umuyobozi w’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ubuhinzi (World Agriculutre Forum), ishami ry’u Rwanda.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka