Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Polisi y'igihugu imaze iminsi itanu , itegereje gufata ukekwaho ubujura bwa telefoni , agahungira muri Ruhurura . Gusa umwe mu bantu babiri bakekwa, akaba yamaze gutabwa muri yombi .
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yongeye gusaba ko ikibazo cy' urubuga rutangirwamo serivisi zitandukanye zifitanye isano n’ishoramari n’ubucuruzi (One stop Centre) , cyakemuka , bikorohera abashaka kubona ibyangombwa .
Umunyamakuru akaba n’Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), Mutesi Scovia, yagaragarije Umukuru w’Igihugu ibibazo by’amikoro biri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda birimo n'amikoro macye.
Minisitiri w'ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda ,Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko Repubulika Iharanira Demokasi ya Congo yakomeje gushinja u Rwanda kudashyira mu bikorwa amasezerano nyamara RDC yabuze ubushake bwa Politiki .
Banki Nkuru y'u Rwanda, yaburiye abantu bose kwirinda gukoresha amafaranga y'inoti mu buryo budakwiriye ubwo ari bwo bwose kuko bitemewe kandi bihanwa n'amategeko.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko amahanga adakwiriye guhora yibaza aho u Rwanda rukura amabuye y'agaciro.
Minisitiri w'Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin , yagaragaje ko mu mwaka wa 2024-2025, ubukerarugendo bushingiye ku nama n'imyidagaduro bwinjrije u Rwanda Miliyoni 108$ avuye kuri Miliyoni 95$ .
Minisitiri w'Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yagaragaje ko muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere, NST2, igaragaza ko kuva yatangira, ubukungu bw'u Rwanda bwazamutse aho kuri ubu bugeze 8.9% buvuye kuri 8.2% mu 2023.
Imyaka 20 irashize , Abanyarwanda b'imbere mu gihugu n'abo hanze, basasa inzobe bakarebera hamwe icyateza imbere igihugu n'umunyarwanda.
Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko Dr. Manirakiza Benjamin usanzwe ari umwarimu muri Kaminuza, na UMUHOZA Hamida , INEZA Fidella , Mucyo Vanessa , bafungwa by'agateganyo bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa n'icyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina.