Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Inama y’Abaminisitiri yateraniye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Mutarama 2026, muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ko Inama y'Igihugu y'Umushyikirano ugiye kongera kuba
Umugabo w'imyaka 21 wo mu karere ka Gisagara, akurikiranyweho kwica umugore we w'imyaka 20 , ubwo bari mu rugo.
Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu yashyizeho amabwiriza agenga Inteko y'abaturage aho kuri ubu igiye kujya iterana kabiri mu kwezi.
Ku kicaro gikuru cy'Ingabo z'u Rwanda, ku wa 26 Mutarama 2026, habaye umuhango w'ihererekanyabubasha aho Brigadier General Godfrey Gasana yashyikirije ku mugaragaro Col Dan Gatsinzi inshingano z'Umugaba Wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere.
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyabihu bwatangaje ko mu myaka itanu ishize, bwagabanyije ikibazo cy'igwingira mu bana aho kuri ubu rigeze kuri 32.7%.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje  ko ibigo bikora Ibaruramari mu Rwanda byinjije Miliyari 16,315Frw mu mwaka wa 2024 avuye kuri Miliyari 3,830 Frw mu 2014.
Tuyishime Jean Baptiste wo mu Murenge wa murenge wa Kanama , mu karere ka Rubavu, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye.
Uko Isi yiruka n'Iterambere ry'Ikoranabuhanga, ni nako urubyiruko na rwo rwadukana imico n'imyifatire itandukanye.