Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Imodoka imwe, abantu benshi, mazutu nkeya: Umujyi wa Kigali mu mujyo wo kurondereza peteroli 

Tariki 24 Mata 1994: Inkotanyi zatangiye guhungisha abo zarokoye, Abatutsi 30000 bicirwa i Butare

Volleyball: APR, Police na Kepler zahanyuranye umucyo, REG iratsikira; Ishusho y’umunsi wa mbere wa Shanpiyona Nyafurika

RURA yashyize umucyo ku kibazo cy’igiciro cy’amazi, atakara adakoreshejwe, ndetse n’ikoreshwa rya mubazi y’ikoranabuhanga 

Umwaka wa 2025 wasize andi mateka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuko isize iki gihugu cya kabiri mu kugira ubuso bunini muri Afurika hari umutwe ukigabije, ugafata imwe mu mijyi y'ingenzi.
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko rwakomoreye hoteli Château le Marara ndetse runemeza ko iyi hoteli yatangira gutanga serivisi zo kwakira abantu.
Perezida w'Uburundi ,Ndayishimiye Evaliste, yavuze ko u Rwanda rugifite umugambi wo gutera u Burundi kandi ko mu bihe bitandukanye bwasabye ko abakoze ibyaha mu Burundi bari mu Rwanda bakoherezwayo bagacirwa imanza ariko rwabyanze.
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, muri iki gihe cy'iminsi mikuru isoza umwaka, rwasabye abanyarwanda kwirinda ibikorwa n'imyifatire ivamo ibyaha, ishobora gushyira ubuzima bw'abandi mu kaga.
Ubuyobozi bwa Polisi y'Igihugu butangaza ko mu gihe abantu bazaba bizihiza iminsi ya noheli n'Ubunani, umutekano uzaba wifashe neza.
Umwaka wa 2025 ni umwaka utazava mu Banyarwanda by'umwihariko abakunzi b'umupira w'amaguru kuko ari bwo ikizere cyo kwerekeza mu gikombe cy'Isi ku ikipe y'igihugu y'u Rwanda cyarangiye ku munota wa nyuma
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Gakuru Emmanuel wamenyekanye nka Muzehe Gakuru kuri radiyo , akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye .

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka