Raymond Tuyishimire

Raymond Tuyishimire

Tuyshimire Raymond, ni Umunyamakuru w'Umunyarwanda ubimazemo imyaka itandatu. Azobereye mu gutara inkuru zicukumbuye n'izindi zibanda ku burenganzira bwa muntu muri rusange, ubw'abana ndetse n'izindi zivuga u Rwanda. Kuri ubu ni Editor ' w'ikinyamakuru Umunota

Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste, yavuze ko u Rwanda rukoresha impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Mahama , mu karere ka Kirehe,  mu ntambara ya AFC/M23 na leta ya RDCongo.
Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, yatangaje ko  ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, yakurikiye umukino wa Basketball wahuje Los Angeles Clippers, isanzwe yamamaza Visit Rwanda, na Dallas Mavericks .
Umuramyi Richard Nicky Ngendahayo, yatangaje ko mu gitaramo yakorereye mu nyubako ya BK Arena ku mugoroba wok u wa 29 Ugushyingo 2025, abantu  503 bakijijwe.
Richard Nick Ngendahayo ku mugoroba wo ku wa 29 Ugushyyingo 2025, yakoze igitaramo cy'amateka muri BK Arena, nyuma y'imyaka myinsi ataba mu Rwanda .Ngendahayo utifashishije abahanzi
Hakizimana Innocent wamenyekanye nka Master Fire, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we bitegura kurishinga, nyuma yo kurangiza kaminuza yize imyaka 18.
Inama y’Abaminisitiri yashyize mu myanya abayobozi mu nzego zitandukanye zirimo Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, wongerewe manda.
Umuryango Ushinzwe kurwanya ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda, watangije ku Umushinga wiswe ‘INTERA - Ijwi Ryange mu Iterambere Rirambye, witezweho uruhare mu gukemura bimwe mu bibazo abaturage baterwa n’imwe mu mishinga y’ibikorwaremezo idakorwa neza, bikabasiga mu manegeka.
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki 28 Ugushyingo 2025, yashyize mu myanya abayobozi bashya muri Minisiteri ya Siporo .
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yanenze abagitanga serivisi mbi mu nzego zitandukanye, asaba abanyarwanda kujya bagaragaza ikibazo mu gihe bahuye nacyo.
Perezida Kagame yavuze ko mu nsengero hagikorerwamo amanyanga arimo ubutekamutwe bugamije kwiba abakirisitu bityo izifunzwe zitagakwiye gufungurwa.