Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) igaragaza ko itangazamakuru rifite uruhare rukomeye mu kubaka sosiyete n'umuryango muri rusange cyane ko muri sosiyete ibibazo byo mumutwe binaze kwiyongera
Umukobwa wo mu Karere ka Ruhango w'imyaka 26 y’amavuko, yasanzwe yapfiriye mu nzu y’umusore bikekwaho bararanye
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko impanuka ikomeye y’ikamyo itwara ibikomoka kuri peteroli yabereye mu Karere ka Kicukiro, ku mugoroba wo ku wa Mbere, yahitanye abantu batanu, abandi icyenda barakomereka
Senateri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham, yatangaje ko yishimiye amakuru avuga ko ingabo za AFC/M23 zavuye mu mujyi wa Uvira, ariko akababazwa no kumva ko izo ngabo zavuyeyo zirimo kugabwaho ibitero
Umuvugizi Wungirije w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera, yaganiriye n'abayobozi n’abakozi ba Minisiteri y’Ubuzima n'izindi nzego zishamikiyeho, abagaragariza isano riri iri hagati y’umutekano w’igihugu, ubuzima rusange n’ubushobozi bw’igihugu bwo kwiyubaka
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb.Olivier Nduhungirehe yavuze ko irekurwa ry’Umujyi wa Uvira ari intambwe ikomeye mu kongerera amahirwe ibiganiro by’amahoro bigamije gukemura ikibazo cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho n’Ubuzima (Rwanda Demographic and Health Survey – DHS 2025) bwashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) bwerekanye ko abagore, by’umwihariko abakiri bato, bafite ubumenyi ku kwirinda ubwandu bw'agakoko gatera SIDA, VIH ugereranyije n’abagabo.