Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Inteko Ishinga Amategeko ya Azerbaijan yemeje ku mugaragaro amasezerano y’ubwikorezi bwo mu kirere hagati y’igihugu cyayo n’u Rwanda.
Ikigo cy'Igihugu cy'ibararurishamibare ,NISR, cyagaragaje ko imibare y'abana bari munsi y’imyaka itanu bagwingira mu Rwanda yagabanutse aho igeze kuri 27% mu mwaka wa 2025, ivuye kuri 33 % ryariho mu bushakashasti bwa 2019/2020.
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutse ku kigero cya 11.8% mu gihembwe cya gatatu cya 2025, ugera kuri miliyari 5,525 Frw, uvuye kuri miliyari 4,659 Frw wariho mu gihembwe nk’iki cy’umwaka wa 2024
Inama yahuje abahinzi n’inganda zitunganya umuceri mu Rwanda yashyizeho ibiciro fatizo bizagenderwaho mu kugurisha umuceri mu gihebwe cy’ihinga cya 2026 A
U Rwanda na Djibouti byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye agamije gushimangira ubufatanye mu by'ubukungu no guteza imbere ishoramari ry'ibihugu byombi.
APR Women Basketball Club yanditse amateka akomeye mu mikino Nyafurika ya FIBA Africa Women’s Basketball League, yegukana umwanya wa Gatatu, inahabwa umudali w’umuringa nyuma yo gutsinda ASC Ville de Dakar yo muri Senegal amanota 90-84, mu iminota y’inyongera.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kayisire Marie Solange, yashimiye imbaraga n'ubwitange bw’abakorerabushake mu iterambere ry'igihugu.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza 2025, mu Rwanda hatangiye inama ihuza abashoramari bo muri Afurika izwi nka “Africa’s Business Heroes”, iri kuba ku nshuro yayo ya karindwi.
Ndabyibuka nkiri agakobwa gato mu myaka irenga 10 ishize, nigeze gutaha ubukwe bw'umuvandimwe wanjye, mbona uburyo imiryango yateranye, inshuti ze n'abana tungana batashye ikirori, ntibagiwe amamodoka yatatswe mu buryo butangaje, nange ndavuga ngo inzozi zange ni ukuzakora ibyo birori by'akataraboneka.