Jeannette Uwase

Jeannette Uwase

Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.

Urukiko rwa Nyarugenge rwemeje ko urubanza rurebana n’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Arnaud Shema, wamenyekanye nka DJ Toxxyk, rusubikwa, nyuma y’uko uregwa agaragaje ko atiteguye kuburana
Minisiteri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) yiseguye ku banyarwanda kubera ibura ry’umuriro ry' amashanyarazi ryagaragaye mu bice bitandukanye by’igihugu, by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali, asobanura ko ryatewe n'imiyoboro u Rwanda rufatanya n'ikindi gihugu.
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umugabo w’imyaka 28 wo mu Mudugudu wa Rusasa, Akagari ka Nyakibungo, Umurenge wa Gishubi mu Karere ka Gisagara, ukekwaho kwica umuvandimwe we w’imyaka 40 amuhora amafaranga make angana na 250 Frw.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe guteza imbere Uburezi bw’Ibanze (REB), rwatangaje ko ibigo by'amashuri byari byahagarikiwe abayobozi, byamaze guhabwa abandi bitarenze umunsi w'itangira ry'amashuri wa tariki ya 5 Mutarama 2025
Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana rwakatiye Emmanuel Ntarindwa igifungo cy’imyaka 15 nyuma yo guhamwa n’ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Leta y’u Rwanda yasabye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) gushyigikira amasezerano agamije kugarura amahoro n’umutekano birambye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC)
Abagore bo mu karere ka Gicumbi, bashishikarijwe gukoresha telefoni mu gihe bashaka serivisi zo kubitsa no kubikuza amafaranga bidasabye kujya kuri banki.
Ikigo cy'Igihugu cy'Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n'Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI) na Minisiteri ya Siporo byaganiriye ku mushinga wo gushyiraho Laboratwari ipima ikoreshwa ry’imiti yongerera abakinnyi imbaraga.