Amakuru

Akarere ka Bugesera kibutse ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, by’umwihariko abarenga 3,000 biciwe ku Musozi wa Rebero mu Murenge wa Mayange.
Muri iyi nkuru, urasobanukirwa byinshi byihariye ku buzima bwa Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascene Bizimana, intiti mu mateka yanaminuje mu by’amategeko Mpuzamahanga, agakora imirimo itandukanye mu Rwanda irimo kuba Senateri, n’ibindi mbere yo kugirwa Minisitiri.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko umusaruro w;ibikorerwa mu nganda wiyongereyeho 3,7% muri Gashyantare 2026 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu 2025.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi afunze, akurikiranweho icyaha cyo guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi
Abayoboke b'Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa Buri Muntu (PL) bibutse ku nshuro ya 32 abari abayobozi n'abayoboke baryo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu gikorwa cyabaye ku wa Mbere tariki ya 13 Mata 2026.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thiery, yatangaje ko mu 2026 ibyaha by’ingengabitekerezo ya jenoside n’ibisa nkayo byagabanutse ugereranyije n’uko byari bimeze mu 2025.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye iperereza ku bikorwa by’ubujura bivugwa mu murenge wa Mudende mu karere ka Rubavu ikanagira inama abaturage kwirinda ibi bikorwa.
Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batuye muri Canada bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, biyemeza u kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside uko yakwigaragaza kose.
Umujyi wa Kigali watangaje ko 98% by’abawutuye bamaze kwifotoza no gukosoza amakuru ajyanye n’imyirondoro yabo muri gahunda yo gutanga Indangamuntu Koranabuhanga.
Tariki 14 Mata 1994, kuri kiriziya ya Kibeho, Interahamwe zifatanyije n’abategetsi zarimbuye Abatutsi barenga 25.000 bari bahungiye ku Kiliziya no mu mazu ya Paruwasi gaturika ya Kibeho. Abatutsi babanje kwirwanaho bifashishije ibikoresho bari bafite. Abatutsi bashoboye guhangana n’igitero cyo ku wa 12 Mata 1994 barakinesha.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka