DCG Jeanne Chantal Ujeneza, yavuze ko umutekano u Rwanda ruzwiho ku ruhando mpuzamahanga, udakwiye kuba gusa uwo mu bya Gisirikare ahubwo ko hakwiye kwitabwa no ku mutekano w’abakoresha umuhanda
Dusengiyumva Samuel, yavuze ko hatangiye kubakwa no kuvugurura imihanda kugirango hagabanywe umuvundo, yibutsa abayikoresha ko hakenewe ubufatanye bwabo mu kuyibungabunga no kubungabunga ubuzima bwabo
Abahagarariye Leta ya Kongo n’umutwe wa AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano-shingiro agomba gutegura ikomeza ry’imishyikirano igamije kugera ku masezerano y’amahoro arambye