Amakuru

Tariki ya 15 Kanama buri mwaka, Abakirisitu Gatorika bizihiza Ijyanwa mu ijuru rya Bikira Mariya by’umwihariko mu Rwanda, kuri iyi tariki bazirikana amabonekerwa ya Bikira Mariya wiyeretse abakobwa batatu i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yavuze ko muri uku kwezi kwa Kanama 2025, inkuba zakubise mu turere dutandukanye tw’igihugu, zatumye abantu batatu batakaza ubuzima abandi batandatu barakomereka
Abagize Urwego rwunganira uturere mu gucunga umutekano, DASSO, bagera kuri 391 basoje amasomo abinjiza mu kazi bari bamazemo amezi atatu
Minisitiri w’Intebe,Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kugira uruhare mu iterambere n’icyerekezo cy’igihugu
Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw'amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda nyuma y'imyaka 31
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kuvuguruza abasebya u Rwanda, batanga amakuru y’ukuri
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu,Dr Bizimana yasabye  abarangije mu Itorero Indangamirwa kuba bandebereho muri byose n’Urumuri rw’Urwanda rushya
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasizuba, EAC, n’uwa Afurika y’Amajyepfo, SADC, bongeye kugirana ibiganiro bigamije kurebera hamwe icyakorwa kugirango amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Murenge wa Ndera yataye muri yombi umugore witwa Ntakirutima Beatrice akurikiranyweho icyaha cyo gukora inzoga zinkorano zo mu bwoko bwa Liquer yise 'One Sip Gin'
Perezida Paul Kagame ari kumwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu miryango ya EAC na SADC bitabiriye inama idasanzwe yiga ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka