Amakuru

Itsinda ryaturutse mu Bwami bwa Eswatini riyobowe n'Umuyobozi Mukuru w’Inama ishinzwe Umutekano wo mu Muhanda muri icyo gihugu, Gideon Mhlongo, ryasuye icyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda giherereye ku Kacyiru
Minisitiri w'Uburezi, Dr Joseph Nsengimana, yagaragaje uburyo Ubwenge Buhangano, Artificial Intelligence, bwifashishwa mu kuzamura ireme ry'uburezi mu Rwanda by'umwihariko nko mu mashuri akigaragaramo ubucucike
Abahinzi bagera kuri 89.9% bakoze ibikorwa byo kurwanya isuri mu mirima yabo, aho biyongereye ku kigero cya 0.8%mu gihe abakoresheje ifumbire y’imborera biyongereye ku kigero cya 6.9% ugereranyije n’igihembwe nk'iki umwaka ushize.
Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko muri iki gihe Isi ihanganye n’ibibazo by’intambara biri hirya no hino, uruhare n’ubufatanye bw’ingabo zirwanira ku butaka ari ingenzi.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), cyamenyesheje abantu bose by’umwihariko  aborozi  bo mu karere ka Rubavu ko hagaragaye indwara y’uburenge mu Mirenge ya Kanama,Nyakiriba na Kanzenze.
Brig Gen Amuli Civiri yagizwe umuyobozi wa Gisirikare muri Kivu y'Amajyepfo, asimbuye Brig Gen Olivier Gasita