Amakuru

Mu kwizihiza umunsi Mpuzamahanga wa Mwarimu ku Rwego rw’Igihugu, abarezi bagaragaje ibyishimo baterwa n’impinduka zigaragara mu mibereho yabo bishimangirwa n’umushahara uherutse kongerwa n;ubwo bagaragaza ibigikenewe birimo mwarimu shop.
Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengiyumva yibukije ko umwarimu ari inkingi ya mwamba mu burezi bw’u rwanda  ashimangira ko ireme ry’uburezi , ubumenyi n’ubushobozi igihugu gikomeza kugeraho byubakiye ku mbaraga n’ubwitange bya mwarimu.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Kayisire Marie Solange, yashimiye imbaraga n'ubwitange bw’abakorerabushake mu iterambere ry'igihugu.
kigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda ,NISR, cyatangaje ko mu Ukwezi ku Ugushyingo 2025,ibiciro byiyongereyeho 7,2% ugereranyije n'Ugushyingo kwa 2024.
Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane bw’Akarere yahererekanyije ububasha na Dr. Kayitesi Usta, wamusimbuye kuri uwo mwanya.
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko imiryango 23000 yatangiye guhabwa ibiribwa nyuma yo guhura n'ikibazo cy'izuba ryinshi, imyaka yabo ikumira mu mirima. Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko imiryango 23000 yatangiye guhabwa ibiribwa nyuma yo guhura n'ikibazo cy'izuba ryinshi, imyaka yabo ikumira mu mirima. Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko imiryango 23000 yatangiye guhabwa ibiribwa nyuma yo guhura n'ikibazo cy'izuba ryinshi, imyaka yabo ikumira mu mirima.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko Ishami ryayo rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU)  rikorera mu mujyi wa Kigali ryafatanye umugore udupfunyika 800 tw’urumogi acuruza.
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye barimo Innocent Munyengango na Gatarayiha Francois Regis bari bafite ipeti rya Colonel ubu bakaba bagizwe ba Général de Brigade.
Perezida Kagame yavuze uburyo Perezida w'uburundi,Ndayishimiye Evaliste , yamuhakaniye ko nta ngabo zoherejwe i Goma muri Kivu y'Amajyaruguru , atangaza ko amahanga akomeje kwegeka ibibazo bya Congo ku Rwanda.