Itsinda rigizwe Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] bari kumwe n'abasirikare ba RDF basuye Ingoro y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside ruherereye ku Mulindi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb.Olivier Nduhungirehe, ari i Yokohama mu Buyapani aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga ya Tokyo yiga ku iterambere ry’Afurika igiye kuba ku nshuro ya cyenda
Ubuyobozi Bukuru bwa sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu, REG, bwatangaje ko ibice byo mu turere dutanu two mu ntara y’Amajyepfo, ku wa 20 Kanama 2025, tuzabura umuriro
Abayobozi batandukanye ba guverinoma, imiryango n’inshuti basezeye mu cyubahiro, Dr Aisa Kirabo Kacyira, wahoze ari meya w’Umujyi wa Kigali, akaba n’uhagarariye ishami rya Loni muri Somalia, witabye Imana ku wa 12 Kanama
AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Leta ya Congo, ryatangaje ko ingabo za leta, FARDC zifatanyije n’iz’Uburundi, babagabyeho ibitero bakoresheje utudege duto tutagira abapiloti
NESA, cyatangaje ko abanyeshuri bangana na 92.2% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza naho 75.64% batsinda ibizamini bisoza icyiciro Rusange cy'Amshuri yisumbuye mu mwaka wa 2024/2025