Amakuru

Nyanza:Umubyeyi wabyaye impanga z’abana batatu arasaba ubufasha

Ibitabo biri mu mashuri bidakoreshwa mu bibangamira ireme ry’uburezi

Nyamagabe:Umushinga wa Miliyoni 970 w’ubworozi bw’amafi wadindiye hasabwe ko wihutishwa

Menya amasezerano 6 u Rwanda rwasinyanye na Botswana

Umuryango w'Ubukungu n'Iterambere ry'Ibihugu bya Afurika y'Amajyepfo, SADC, wafashe umwanzuro w’uko ingabo za SAMIDRC zisoza ubutumwa bw'amahoro zimazemo imyaka hafi ibiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Ubuyobozi bwa Rwanda Energy Group bwiseguye ku Bafatanyabuguzi bayo kubera ibibazo by'ibura ry'umuriro w'amashanyarazi bimaze iminsi bigaragara, byaturutse ku bujura bwakorewe ibikoresho remezo by'amashanyarazi mu bice bihuza u Rwanda n'ibihugu by'abaturanyi.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu Karere ka Kicukiro aho azagirana ibiganiro n’abagatuye ndetse n’abaturage bo mu Mujyi wa Kigali.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka