Minisitiri Habimana yasabye abahoze ari abarwayi ba FDRL batashye mu Rwanda, kuzirikana ko ubumwe n’ubudaherwanwa by’abanyarwanda ari umusingi w’ibyubatswe byose badakwiye kubitatira.
Major (Rtd) Didas Mushimiyimana, wamaze imyaka irenga 30 mu mashyamba ya RDC ari mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, yasabye bagenzi be bakiri mu mashyamba gufata icyemezo cyo gutaha
Kiliziya Gatolika mu Rwanda yateguje ibirori byo gusoza Yubile y’imyaka 125 Ivanjili imaze igeze mu Rwanda, bizahuzwa no kwizihiza imyaka 2025 y’ubu Kristu ku Isi
Col Désiré Migambi Mungamba, yagaragaje ko ubumwe n’ubudaheranwa ari indangagaciro z’ingenzi zubakiye ku mateka y’Abanyarwanda ndetse zigomba kuranga buri Munyarwanda mu rugendo rwo kubaka igihugu