Amakuru

Mu minsi ishize twasangiye ubutumwa bwihariye ku bashakanye, none ndagarutse ngo tuganire no ku mugisha udasanzwe w’abashakanye, wo kwitwa ‘Ababyeyi’.
Ikigo cy’Imisoro n'Amahoro (RRA) cyerekanye ibitenge 1200 bifite agaciro ka miliyoni 18 Frw, byinjijwe mu gihugu binyuze mu nzira zitemewe.
oseph Kabila Kabange wayoboye Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo imyaka 18,Urukiko rukuru rwa gisirikare rwo muri iki gihugu rwamukatiye igihano cyo kwicwa nyuma yo kumuhamya icyaha cyo gukorana n’umutwe wa AFC/M23.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Jenerali MK Mubarakh, yakiriye itsinda rigizwe n’abasirikare n’abarimu 27 baturutse mu Ishuri rya Gisirikare rya Zambia, bari mu ruzinduko rwo kwigira ku Rwanda
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ibijyanye n’Isanzure (Rwanda Space Agency), Gaspard Twagirayezu, yatorewe kuba Umuyobozi Wungirije w’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Inzobere mu by’Isanzure (International Astronautical Federation
Ikipe y'Umukino w'Amagare y'u Bufaransa iri mu Rwanda aho yari yitabiriye Shampiyona y'Isi y'Amagare yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi
RGB ku bufatanye n’Urwego rw’Imiryango itari iya Leta n’iy’Abikorera (NFPO Rwanda), bagiranye inama nyunguranabitekerezo n’abahagarariye imitwe ya politiki, igaruka ku ruhare rwabo mu kwimakaza imiyoborere myiza no gukorera mu mucyo.
Sosiyete y'u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) ,yateguje ibura ry’amashanyarazi mu turere twa Huye na Nyaruguru two mu ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda
Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika iharanira demukarasi ya Congo zimaze iminsi ibiri zihanganira n’umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa RD Congo, mu duce dutandukanye two muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.