Imirwano ikomeye yumvikanamo ibisasu bikomeye yongeye kubyuka mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo za Leta ya Congo, FARDC zifashijwe n'ingabo z'u Burundi
Depite Léonard She Okitundu usanzwe ari Visi Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga mu nteko Ishinga amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuze ko amahoro arambye mu Burasirazuba bwa Congo atagerwaho hatabaye kurandura burundu umutwe wa FDLR
Umuvugizi wa Guverinoma, Yollande Makolo, yatangaje ko isinywa ry'amasenzerano hagati y'u Rwanda na RDCongo, ari nzira nziza y'amahoro, iganisha ku kurangiza ibibazo by'umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga