Imikino

Abakinnyi babiri ba APR FC barimo umunya-Ghana, Dauda Seidu Yussif ndetse n'umunya Maurtania, Mamadou Sy, bashobora guhanwa bikomeye n’ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC nyuma y'uko bitwikiriye ijoro bagatoroka kuri Hotel bari bacumbitsemo mu Misiri
APR FC yasezerewe mu ijonjora ry'ibanze rya CAF Champions League nyuma yo gutsindwa na Pyramids FC yo mu Misiri, mu majya n'amaza
Chairman w’ikipe ya APR FC, Brig. Gen. Deo Rusanganwa yasabye abakinnyi b’iyi kipe berekeje mu Misiri mu mukino wo kwishyura Pyramids FC, gukuba kabiri imbaraga bakoresheje mu mukino wabereye i Kigali
Umunyarwandakazi, Niyonkuru Florence, yegukanye umudari wa zahabu mu isiganwa ry’amaguru rya Lyon International Half Marathon ryari ribaye ku nshuro ya 41 rikaba ari isiganwa ribera mu Bufaransa. Ibi uyu munyarwandakazi yabikoze mu mpera z’icyumweru gishize, aho yari ahagarariye u Rwanda mu cyiciro cy’abagore mu isiganwa rya Lyon International Half Marathon.
Ikipe y'Umukino w'Amagare y'u Bufaransa iri mu Rwanda aho yari yitabiriye Shampiyona y'Isi y'Amagare yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi
Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi aribo Mike Tresor na Warren Kamanzi, bari mu biganiro na FERWAFA, aho nta gihindutse aba bakinnyi bashobora kugaragara mu mwambaro w’Amavubi, mu mikino ikipe y’igihugu izakina mu gushaka itike y'Igikombe cy'Isi
Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo,Bafana bafana,  yakuweho amanota ku mukino yatsinzemo Ikipe ya Lesotho kubera gukinisha umukinnyi utemewe mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026.
Kuva kuwa 21-28 Nzeri 2025, mu Rwanda haberaga Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro yayo ya 98, ikaba iya mbere ibereye muri Afurika.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka