Imikino

Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo,Bafana bafana,  yakuweho amanota ku mukino yatsinzemo Ikipe ya Lesotho kubera gukinisha umukinnyi utemewe mu mikino yo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026.
Kuva kuwa 21-28 Nzeri 2025, mu Rwanda haberaga Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro yayo ya 98, ikaba iya mbere ibereye muri Afurika.
Umuyobozi wa Federasiyo y'Amagare ku Isi, David Lappartient yashimiye Abanyarwanda bagaragarije urukundo umukino w'Amagare mu Cyumweru Shampiyona y'Isi y'Amagare imaze ibera mu Rwanda
Umunya-Canada Magdeleine Vallieres yegukanye umudali wa Zahabu mu bagore bakuru basiganwa mu muhanda 'road race' muri Shampiyona y'Isi y'Amagare ya 2025.
Umunya-Espagne, Ostiz Taco Paula yegukanye umudali wa Zahabu mu Bangavu basiganwa mu muhanda ku munsi wa karindwi wa Shampiyona y'Isi y'Amagare