Umunyarwandakazi, Tuyishime Solange Keita wari uhagarariye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Universe, yasoje iri rushanwa ari mu bakobwa 30 ba mbere, ku nshuro ya mbere yari aryitabiriye
Umuraperi Papa Cyangwe ugeze kure y'itegura igitaramo cyo kumurika album ye nshya yise 'Now or Never Album Launch' yararikiye abakunzi be kuzitabira ku bwinshi ndetse atangaza ko yatumiye Rocky n'abagenzi be bahoze bakorana mu bijyanye n'umuziki
Umuhanzi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yatangaje ko ibyavuzwe ko Ishimwe Vestine yaba yaramaze gutandukana n'umugabo we Idrissa Jean Luc Ouédraogo, byaba atari ukuri
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, yaciye amarenga yuko yaba abayeho mu buzima bumushaririye nyuma y’igihe kigera ku mezi atanu arushinze na Idrissa Ouédraogo
Richard Nick Ngendahayo, yahishuye ko indirimbo ye "Si umuhemu", iri mu zikundwa na bantu benshi, yayanditse ubwo yari asoje imyitozo ya gisirikare imwinjiza mu ngabo za RPA Inkotanyi mu mwaka wa 1990
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga