Inkuru Nshya

Umujyi wa Kigali watangaje imihanda izakoreshwa na bisi, amakamyo ndetse n’indi ishobora kunyurwamo, mu gihe imihanda isanzwe izaba irimo gukoreshwa mu Irushanwa ry’Isi ry’Amagare (UCI Road World Championships 2025).
Minisitiri w'Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yavuze ko kwagura Pariki y’Ibirunga kugirango harushesho kuba heza, ndetse no kuba bizagira uruhare mu guhindura imibereho y'abaturiye iyi pariki, ari ikimenyetso cy'uko kubungabunga ibidukikije n’iterambere bidatana
Guverineri w’Intara y’amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yavuze ko kuba Umuhango wo Kwita Izina ubera mu ntara y'Amajyaruguru ari ishema n’icyubahiro kuri iyi ntara, ndetse aboneraho gushishikariza abaturiye pariki y'Ibirunga kuyirinda
Umuririmbyi ndetse akaba n’umuhanzikazi ukomoka I Burundi , Khadja Nin yagaragaje ko nubwo akomoka mu Burundi ariko guhera ubu afata u Rwanda nko mu rugo by’iteka ryose
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yasabye abaturiye Pariki y’Ibirunga, kubyaza umusaruro ibikorwaremezo biyikikije ndetse n’imishinga itandukanye bahabwa igamije kubateza imbere
Minisiteri y’Uburezi yasabye ababyeyi kuganiriza abana bagiye mu mashuri yisumbuye,isabana abana nabo kuzarangwa n’imyitwarire myiza ku mashuri.
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF),ifatanyije n’ Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana (NCDA) n’abandi bafatanyabikorwa, batangije Porogaramu ’ Itetero Mobile App’ izajya muri telefoni, igamije gutanga amakuru afasha ababyeyi kurera neza.
Ubuyobozi bw’Ikipe ya Rayon Sports bwimuye ibiro bwakoreragamo byari bisanzwe biherereye  mu Karere ka Kicukiro ahazwi nka ‘Zinia’
Umuyobozi Mukuru w'Ikigo mpuzamahanga gifatanya na za Guverinoma mu mishinga y’iterambere rirambye, kurengera ibidukikije, no guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere, Global Green Growth Institute (GGGI), Sang-Hyup Kim, ari mu bashyitsi b’Imena bazita abana b’ingagi izina mu birori byo Kwita Izina ku nshuro ya 20
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko guteza imbere urwego rw'ubwikorezi bwo mu kirere ari inkingi ikomeye y’iterambere ry’ubukungu bwa Afurika

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka