Inkuru Nshya

Abanyeshuri biga mu Ishuri ryisumbuye ryigisha ibijyanye n'ikoranabuhanga rya Rwanda Coding Academy, barishimira Kaminuza yabo yihariye igiye kuzura, kuko izabafasha gukomeza kuzamura ubumenyi ku rwego mpuzamahanga
Umukinnyi wa Filime, akaba n'Umunyamideli ukomoka muri Nigeria, Temiloluwa Elizabeth Otedola washakanye n'umuhanzi Mr Eazzi, yasangije inkuru y'uburyo yisanze mu rukundo n'u Rwanda yari asuye bwa mbere
Umugabo w'imyaka 21 wo mu karere ka Gisagara, akurikiranyweho kwica umugore we w'imyaka 20 , ubwo bari mu rugo.
Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin, umwarimu muri Kaminuza ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga, yaregewe urukiko.
Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu yashyizeho amabwiriza agenga Inteko y'abaturage aho kuri ubu igiye kujya iterana kabiri mu kwezi.
Itsinda ry'abaririmbyi b'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana rya Gisubizo Ministry ryashyize hanze indirimbo nshya bakoranye n'umuhanzi The Ben bise 'Nabaye umwe n’Imana'
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangije urubuga yise Mbaza ruzajya rwakirirwaho ibibazo by’abaturage mu nzego zose ndetse babashe kujya banarumenyeraho ibisubizo by’inzego bireba bidasabye kujya aho zikorera.
Perezida Kagame yaganiriye n'Umuyobozi Mukuru wa Yonsei University, Prof. Dong-Sup Yoon wari kumwe na Dr. Won-Yong Lee, Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Ubushakashatsi, baganira ku buryo bwo guteza imbere uburezi binyuze mu guhererekanya ubumenyi
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwaburiye abantu biyitirira uru rwego , bakaniyitirira ibikorwa by'imenyekanisha ikirango cy'ubukererarugendo cya VIsit Rwanda, bagamije inyungu zabo bwite cyangwa amafaranga mu buryo butemewe