Inkuru Nshya

Rubavu: Imirimo yo kubaka inzu 870 zo gutuzamo abasanyewe n’ibiza igiye kurangira (Amafoto)

Rayon Sports yongereye amasezerano ba myugariro babiri irekura batatu barimo kapiteni

Ntabwo tubanye neza n’u Burundi kandi ikosa ni iry’u Burundi: Minisitiri Nduhungirehe

Francophonie si urubuga rwo gukemura amakimbirane y’ibihugu – Minisitiri Amb. Nduhungirehe

Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yashyikirije Akarere ka Musanze inzu 115 zubakiwe abaturage basenyewe n’ibiza mu Murenge wa Musanze, Akagari ka Kabazungu
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko ikomeje gufata ingamba zikomeye mu gukemura ibibazo byugarije imikorere ya za Koperative z’Imirenge SACCO, cyane cyane ibijyanye n’inyerezwa ry’imari ryagiye rigaragara muri zimwe muri izo koperative
Abanyeshuri bagera ku 255,498 barimo abarenga 700 bafite ubumuga batangiye gukora ibizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange (O’Level) n’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A’Level)
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2024/2025 cyakusanyije imisoro ingana na miliyari 3,079.8 Frw

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka