Inkuru Nshya

Yago  ari  mu byishimo  byinshi aho  Imfura ye yujuje umwaka ibonye izuba

Minisitiri Utumatwishima yagaragaje impungenge ku 10% by’urubyiruko rudashaka gukora

Ikigega ‘Aguka Youth Fund’ cy’ingwate y’urubyiruko  kimaze kugeramo miliyari 1,5 Frw

«Namusanze amuri hejuru» Nyambo Jesca yahishuye uko yaciwe inyuma n’umukunzi we

Uwari Umuyobozi w'Akarere ka Rusizi, Anicet Kibiriga yeguye ku mirimo ye yo kuyobora aka Karere kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2024.
Jean Bosco Ntibitura yagizwe Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba asimbuye Dushimimana Lambert wari umaze amezi agera kuri cumi n'ane ayobora iyi Ntara.
Prof. Musahara Herman impuguke ndetse akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku wa 20 Ugushyingo 2024, akaba yazize uburwayi nyuma y’igihe gito yaramaze avuye kw’ivuza mu Buhinde, aho yagarukanye imbaraga nke z’umubiri.
RwandAir yatangije ingendo zo mu kirere z’ubwikorezi bw’imizigo, mu mujyi wa Harare muri Zimbabwe.Ni itangazo ryanyujijwe ku rubuga rwa X rw’iyi Sosiyeti y’Ubwikorezi bwo mu Kirere (RwandAir), rivuga ko yatangije ingendo z’ubwikorezi bw’imizigo mu cyerekezo cya munani kijya mu murwa mukuru wa Harare.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka