Inkuru Nshya

Police VC ibaye Ikipe ya mbere mu Rwanda igeze ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship

Meteo Rwanda yatangaje ko muri Gicurasi hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe ihagwa

Leta yishyuye arenga Miliyoni 46 Frw abakozi bayitsinze mu manza muri 2025

MIFOTRA yasabye urubyiruko kwihugura ku ikoranabuhanga rya AI no guhanga imirimo mishya

Urwego rw'Igihigu rw'Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi Umunyamakuru wa Radio / TV10, Ndahiro Emmanuel uzwi nka ‘Taikun’.
Impunzi z'Abanye-Congo ziri mu Nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe no mu ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe, n'iziba mu nkambi ya Nyabiheke iherereye mu Karere ka Gatsibo, zazindukiye mu rugendo rw'amahoro rugamije kwamagana amagambo yuzuye amacakubiri, akoreshwa na bamwe mu bayobozi b'igihugu cyabo.
Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ritazongera gukora ikosa ryo kwemera ko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) zisubira mu bice ryavuyemo, nk’uko byari byasabwe n’abategetsi ba Leta zunze ubumwe za Amerika.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gushyira mu bikorwa amasezerano y'amahoro rwasinyanye na RDcongo ariko ko rutazihanganira ikizahungabanya amahoro n'umutekano by'Abanyarwanda.
Umwaka wa 2025 wahamirije u Rwanda ko rumaze kuba igicumbi cy’iterambere ndetse rukaba ahantu hibonwamo n'abaturutse impande zose z'Isi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Uwituze Solange yasabye abahinzi bashoje amahugurwa yo guhugura abandi ku mikorere inoze y'ubuhinzi, kubafasha gukora ubuhinzi mu buryo bugezweho hagamijwe kongera umusaruro n'inyungu bakuramo
Mu karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rukoma, abantu bane bitabye Imana hakekwa inzoga banywereye mu bukwe, bikekwa ko yari ihumanye, abandi bajyanwa mu bitaro .
Umujyi wa Kigali watangarije abaturage ahantu hazaturikirizwa ibishashi byo kwishimira umwaka mushya wa 2026.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka