Inkuru Nshya

Leta y’u Rwanda yakiriye abandi Banyarwanda 284, bagize imiryango 93, biganjemo abari bamaze imyaka irenga 30 mu buhungiro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Polisi y’u Rwanda yemeje ko Umuhanzikazi Barbara Teta uzwi ku izina rya Babo na Uwayezu Ariel uzwi nka Ariel Wayz bafunze.
Abanyarwenya Dr Nsabi na Killaman bongeye gutumirwa muri Gen-Z Comedy, naho umukinnyi wa filime Mazimpaka Kennedy akaza kuba ahari nk'umutumirwa w'umunsi
Imodoka yo mu bwoko bwa FUSO yari irimo abantu batatu ndetse inatwaye ihene 200, yakoreye impanuka kuri ‘Dawe Uri mu Ijuru’, hapfa umuntu umwe n’ihene zigera kuri 30 muri izo zari zijyanywe mu Isoko rya Rugali mu Karere ka Nyamasheke.
Minisitiri w’Ubuzima,Dr Nsanzimana Sabin, yaganiriye na Ngirinshuti Manasseh  wo mu karere ka Gisagara,Umurenge wa Musha, umaze imyaka 16 ari umujyanama w’Ubuzima, amuhishurira icyamushoboje.
Umuryango Nyarwanda wita ku buzima HDI, wagaragaje ko mu bushakashatsi bakoze mu mwaka wa 2024, babukoze ku bakozi bo mu rugo mu Mujyi wa Kigali, bwagaragaje ko abarenga 287 bavuze ko bigeze gutekereza kwiyahura
Abadepite batoye itegeko ryemera kwemeza burundu amasezerano y'inguzanyo ya miliyoni 173.840.000 z'amayero hagati ya Repubulika y'u Rwanda na Banki Nyafurika Itsura Amajyambere, azifashishwa mu guteza imbere ingufu.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka