Inkuru Nshya

Inzego za leta zasabwe kuziba icyuho kiri mu gukemura ibibazo by’abaturage ku gihe

Gen Mubarakh Muganga yaganiriye n’Umugaba Mukuru wa Turukiya

Mu gifute cy’imitoma Tracy Agasaro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umugabo we Rene Patrick

Tariki 6 Gicurasi 1994: Umunsi Kambanda avugira kuri Radio Rwanda ko kwica Abatutsi bigomba byihutishwa 

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko imiryango 23000 yatangiye guhabwa ibiribwa nyuma yo guhura n'ikibazo cy'izuba ryinshi, imyaka yabo ikumira mu mirima. Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko imiryango 23000 yatangiye guhabwa ibiribwa nyuma yo guhura n'ikibazo cy'izuba ryinshi, imyaka yabo ikumira mu mirima. Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko imiryango 23000 yatangiye guhabwa ibiribwa nyuma yo guhura n'ikibazo cy'izuba ryinshi, imyaka yabo ikumira mu mirima.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko Ishami ryayo rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU)  rikorera mu mujyi wa Kigali ryafatanye umugore udupfunyika 800 tw’urumogi acuruza.
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye barimo Innocent Munyengango na Gatarayiha Francois Regis bari bafite ipeti rya Colonel ubu bakaba bagizwe ba Général de Brigade.
Perezida Kagame yavuze uburyo Perezida w'uburundi,Ndayishimiye Evaliste , yamuhakaniye ko nta ngabo zoherejwe i Goma muri Kivu y'Amajyaruguru , atangaza ko amahanga akomeje kwegeka ibibazo bya Congo ku Rwanda.
DCG Jeanne Chantal Ujeneza, yasabye abapolisi n’abasirikare basoje amahugurwa yo gutegura abajya mu butumwa bwa Loni gukoresha ubumenyi n’ubunararibonye bahawe kugira ngo imirimo bazakora izagende neza
Perezida Kagame yanenze abagikomeje kwegeka ibibazo bya Congo ku Rwanda, by'umwihariko abarushinja imirwano imaze iminsi muri Kivu y'Amajyepfo no kwica amasezerano y'amahoro ya Washington, avuga ko iyo mirwano yahozeho na mbere y'isinywa ry'amasezerano
U Rwanda rwamenyesheje Akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku isi (UNSC), ko rwiteguye kwakira neza Félicien Kabuga n'Abanyarwanda batandatu bacumbikiwe muri Niger mu gihe baba babyifuza.
Rubavu : Kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Ukuboza 2025, ku mupaka wa La Corniche (OSBP), abanyarwanda 337 babaga muri RDCongo batahutse.
Umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri “Animateur” mu ishuri ryisumbuye ryitiriwe Ubutatu butagatifu (Saint Trinité de Ruhango) yatawe muri yombi n'Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB , akekweho gusambanya abana babiri b’abakobwa biga muri iki kigo.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka