Inkuru Nshya

Minisitiri Habimana yasabye abahoze ari abarwayi ba FDRL batashye mu Rwanda, kuzirikana ko ubumwe n’ubudaherwanwa by’abanyarwanda ari umusingi w’ibyubatswe byose badakwiye kubitatira.
Leta y’u Rwanda yakiriye imiryango 98 igizwe n’Abanyarwanda 326 bari bamaze imyaka irenga 30 barahungiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Major (Rtd) Didas Mushimiyimana, wamaze imyaka irenga 30 mu mashyamba ya RDC ari mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR, yasabye bagenzi be bakiri mu mashyamba gufata icyemezo cyo gutaha
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Ubwami bwa Arabia Saudite batangije umushinga ugamije kugeza ku baturage ibikoresho byo gutekesha gaze (LPG), nk’uburyo bwo guteza imbere ikoreshwa ry’ingufu zidahumanya ikirere
Umunyamabanga Mukuru w’Ibihugu bivuga Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yaganiriye na Minisitiri w'Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe
Kiliziya Gatolika mu Rwanda yateguje ibirori byo gusoza Yubile y’imyaka 125 Ivanjili imaze igeze mu Rwanda, bizahuzwa no kwizihiza imyaka 2025 y’ubu Kristu ku Isi
Guverinoma y’u Rwanda, binyuze mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Umwana (NCDA), yatangije gahunda nshya yo guteza imbere imikurire myiza n'uburezi bw’incuke, izashyirwa mu bikorwa mu gihe cy’imyaka ine, igashorwamo asaga miliyari 18.7 Frw
U Rwanda rwaje imbere mu bihugu bya Afurika byihuse mu kuzamura ubukungu binyuze mu ikoreshwa ry'ikoranabuhanga mu rwego rw'imari, Fintech
Komisiyo ishinzwe Imisifurire muri FERWAFA, yatanze ibihano ku bandi basifuzi babiri ndetse itera utwatsi ibirego by’amakipe arimo APR FC n’Amagaju FC
Niyonshuti Ange Tricia yateye imitoma umugabo we Dr. Muyombo Thomas, benshi bazi mu ruhando rwa muzika nka 'Tom Close', amwifuriza isabukuru nziza y'imyaka 41 y’amavuko

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka