Inkuru Nshya

Komisiyo ishinzwe Imisifurire muri FERWAFA, yatanze ibihano ku bandi basifuzi babiri ndetse itera utwatsi ibirego by’amakipe arimo APR FC n’Amagaju FC
Niyonshuti Ange Tricia yateye imitoma umugabo we Dr. Muyombo Thomas, benshi bazi mu ruhando rwa muzika nka 'Tom Close', amwifuriza isabukuru nziza y'imyaka 41 y’amavuko
Iseka Rusange rya 'Gen-Z Comedy Show' ryagarutse, aho abazitabira bazasusurutswa n'umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi
Minisitiri w'Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yashimangiye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw'ibidukikije ari inzira yo guharanira kugera ku mahoro n’ubukire birambye
Col Désiré Migambi Mungamba, yagaragaje ko ubumwe n’ubudaheranwa ari indangagaciro z’ingenzi zubakiye ku mateka y’Abanyarwanda ndetse zigomba kuranga buri Munyarwanda mu rugendo rwo kubaka igihugu
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yijeje ubufasha umwana w'umuhungu ufite ubumuga bw’ingingo, wagaragaye akinana ishyaka umupira w'amaguru
Umukobwa wari usigaye w'Umwami Yuhi V Musinga, witwa Spéciose Mukabayojo, yitabye Imana ku myaka 93 y'amavuko azize uburwayi
Umunyarwandakazi Akingeneye Olga wamamaye mu bikorwa bitandukanye byo gutinyura abafite ubumuga bitinyaga, yambitswe impeta y’urukundo n’umukunzi we Ndoba Arthur

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka