Inkuru Nshya

Mu Rwanda handitswe ishoramari rya miliyari 2,62$ mu mwaka wa 2025 

RDC yashyizeho umutwe wihariye wo kurinda ibirombe.

Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yasabye Leta ingamba zihariye nyuma yo kwemeza amasezerano ya Washington

Ubukerarugendo bwinjirije u Rwanda miliyoni 685 $ mu 2025

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwijeje abahinzi ubufasha nyuma y’uko imvura nyinshi yangije imbuto z’ibiti 10,000 zari ziteganyijwe guhabwa abahinzi mbere y’igihe cy’ihinga giteganyijwe gutangira muri Ukwakira
Minisitiri w’Ingabo za Mozambique,  Maj Gen Cristóvão Artur Chume uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda yashimye uburyo igisirikare cy’u Rwanda kigira uruhare mu kugarura amahoro mu bice bya Mozambique
Ishimwe Naomie, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2020, yakoze ibirori bibanziriza kumurika igitabo cye cya mbere yise “More Than a Crown”, mu Kinyarwanda bisobanura “Ibirenze Ikamba”
Intwaza zo mu karere ka Kamonyi zirashima umukuru w’Igihugu , n’ubuyobozi muri rusange,uburyo bitabwaho , bagakemurirwa ibibazo bitandukanye bahura na byo.
U Rwanda rwateye imbere mu bice byinshi bitandukanye ariko by'umwihariko mu bikorwaremezo, aho kuri ubu Umujyi wa Kigali uwusangamo inyubako ziteye amabengeza kandi ubonako zatwaye akayabo k'amafaranga
Weekend yageze, akazi wagashyize ku ruhande, telefoni nayo ni uko, uri gutekereza aho watemberera n’umuryango wawe, ukaruhuka nyuma yo y’ icyumweru uri mu kazi
Minisitiri w’Ingabo wa Mozambique, Major General Cristóvão Artur Chume, ari kumwe n’abandi bayobozi bakuru b’ingabo na polisi ya Mozambique, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi
AFC/M23 yatangaje ko yohereje intumwa zayo i Doha muri Qatar mu biganiro ihuriramo n’intumwa za Leta ya Congo, kandi ko basaba iyi Leta gufungura imfungwa zifungiwe i Kinshasa no guhagarika ibitero ku birindiro byabo
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yasabye abayobozi b’inzego z’Ibanze gushyira umuturage ku isonga, birinda kubasiragiza mu mitangire ya serivisi
Urukiko rukuru rw'Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwasabiye igihano cy’urupfu Joseph Kabila Kabange wahoze ayobora iki gihugu aho bamushinja kuba inyuma y'ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa RDC, ariryo AFC/M23 no kuba ari Umunyarwanda

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka