Inkuru Nshya

Ibyo wamenya kuri Gen Mubarakh wujuje imyaka 59 y’amavuko

Niyonkuru Samuel na Valentine Nzayisenga begukanye Shampiyona y’Igihugu y’Amagare ya 2026

Abantu 53.426 bahamijwe Jenoside bari guhanishwa igihano cy’urupfu – Minisitiri Bizimana

Minisitiri Biruta yahagarariye Perezida Kagame mu kwizihiza imyaka 66 y’ubwigenge bwa Madagascar

Ingabo z’Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zabyukiye mu mirwano n’abarwanyi ba Wazalendo, barwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda,Amb Olivier Nduhungirehe, ari kumwe na Minisitiri w’Ingabo,Marizamunda Juvenal, bakiriye ntumwa yihariye y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi ,EU mu karere k’ibiyaga bigari, Amb. Johan Borgstam.
Itsinda ryaturutse mu Bwami bwa Eswatini riyobowe n'Umuyobozi Mukuru w’Inama ishinzwe Umutekano wo mu Muhanda muri icyo gihugu, Gideon Mhlongo, ryasuye icyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda giherereye ku Kacyiru
Minisitiri w'Uburezi, Dr Joseph Nsengimana, yagaragaje uburyo Ubwenge Buhangano, Artificial Intelligence, bwifashishwa mu kuzamura ireme ry'uburezi mu Rwanda by'umwihariko nko mu mashuri akigaragaramo ubucucike
Abahinzi bagera kuri 89.9% bakoze ibikorwa byo kurwanya isuri mu mirima yabo, aho biyongereye ku kigero cya 0.8%mu gihe abakoresheje ifumbire y’imborera biyongereye ku kigero cya 6.9% ugereranyije n’igihembwe nk'iki umwaka ushize.
Minisitiri w’Ingabo w’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yagaragaje ko muri iki gihe Isi ihanganye n’ibibazo by’intambara biri hirya no hino, uruhare n’ubufatanye bw’ingabo zirwanira ku butaka ari ingenzi.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka